Vision FC yatsinzwe na Rutsiro FC ikomeza kugana habi
Kuri uyu wa gatanu, tariki 28 Gashyantare 2025, kuri Kigali Pelé Stadium ikipe ya Vision FC yakiriye Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u Rwanda. Ni umukino…
Isoko y'Amakuru Acukumbuye
Kuri uyu wa gatanu, tariki 28 Gashyantare 2025, kuri Kigali Pelé Stadium ikipe ya Vision FC yakiriye Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u Rwanda. Ni umukino…
Kuri uyu wa Kane itariki 27 Gashyantare 2025, ikipe ya Gasogi United yakiriye APR FC mu mukino ubanza wa ¼ mu gikombe cy'Amahoro. Umukino watangiye saa Kumi n'ebyili , mu…
Kuri uyu wa kane agace ka kane katangiriye Rubavu kerekeza Karongi, yari intera y'ibirometero 95.1. Ni isiganwa ry'amagare ryatangiye saa 11h00' byari biteganijwe ko umukinnyi wa mbere asoza saa 13h30'.…
Kuri uyu wa gatatu, tariki 26 Gashyantare 2025 kuri Kigali Pele Stadium Rayon Sports yari yakiriye Gorilla FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’igikombe cy’Amahoro. Umukino warangiye zinganije 2-2. Umutoza…
Kuri uyu wa mbere, tariki 24 Gashyantare 2024 kuri Kigali Pele Stadium hasozwa umunsi wa 18 wa Shampiyona Gasogi United yakiriye Kiyovu Sport. Ni umukino watangiye saa cyenda n’igice. Amakipe…
Kuri iki cyumweru tariki 23 Gashyantare 2025 saa cyenda kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye Mukura VS yakiriye APR FC mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona y’u Rwanda warangiye itsinze…
Kuri iki cyumweru, tariki 23 Gashyantare 2025 kuri BK Arena hatangijwe isiganwa ry'amagare ribaye ku nshuro ya 17 ni isiganwa Tour du Rwanda ryitabiriwe n'abakinnyi 69 bari mu makipe 14…
Nyuma y’umukino Rayon Sports yakiriwemo n’Amagaju i Huye kuri uyu wa gatandatu, tariki 22 Gashyantare 2025, ukarangira banganije 1-1. Umutoza w’Amagaju Amars Niyongabo agatangaza ko Robertinho ari umutoza usanzwe, abayobozi…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 21Gashyantare 2025 kuri Kigali Pele Stadium habereye umukino wahuje ikipe y'igihugu ya Misiri y'abagore n'iy'abagore y'u Rwanda Amavubi ni mu mukino ubanza mu majonjora yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Gashyantare 2025 Saa Sita n'igice habaye umukino usoza 1/8 cy'irangiza mu Gikombe cy'Amahoro 2025 Gorilla FC yari yakiriye murumuna wayo City Boys kuri Kigali…